•     

Ngoma: Hari Umurenge umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga

Mu karere ka Ngoma mu Murenge wa Murama, hari umuturage wagaragaje ko bamaze imyaka 28 batagira amazi meza ngo aho batunzwe nokuvoma amazi y'ibishanga.

Ngoma: Hari Umurenge umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga
Umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga

Umuturage witwa Ntaganzwa Aime Desire, utuye mu murenge wa Murama, mu karere ka Ngoma, yandikiye Umuyobozi w'akarere Niyonagira Nathalie, kurubuga rwa X rwahoze rwitwa (Twitter) amushimira ko bahize utundi turere mu mihigo y'ubushize ariko ngo abatuye mu Murenge wa Murama bakaba bamaze imyaka 28 batagira amazi.

Ubwo butumwa bugira buti" 

Nyuma yubwo butumwa Akarere kahise kamusubiza ko imirimo yokubaka uruganda rutunganya amazi rwa (Sake Woter Treatment) imaze kugera ku musozo, turabizeza ko mu gihe cyavuba amazi meza namwe mu bice bya Murama, Rukira n'ahandi araba abagezeho.

 Bagabo John

Ngoma: Hari Umurenge umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga

Ngoma: Hari Umurenge umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga
Umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma umaze imyaka 28 abaturage bavoma amazi y'ibishanga

Mu karere ka Ngoma mu Murenge wa Murama, hari umuturage wagaragaje ko bamaze imyaka 28 batagira amazi meza ngo aho batunzwe nokuvoma amazi y'ibishanga.

Umuturage witwa Ntaganzwa Aime Desire, utuye mu murenge wa Murama, mu karere ka Ngoma, yandikiye Umuyobozi w'akarere Niyonagira Nathalie, kurubuga rwa X rwahoze rwitwa (Twitter) amushimira ko bahize utundi turere mu mihigo y'ubushize ariko ngo abatuye mu Murenge wa Murama bakaba bamaze imyaka 28 batagira amazi.

Ubwo butumwa bugira buti" 

Nyuma yubwo butumwa Akarere kahise kamusubiza ko imirimo yokubaka uruganda rutunganya amazi rwa (Sake Woter Treatment) imaze kugera ku musozo, turabizeza ko mu gihe cyavuba amazi meza namwe mu bice bya Murama, Rukira n'ahandi araba abagezeho.

 Bagabo John