•     

Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga

Ishami rya Polisi rishinzwe ibizamini n'impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryamenyesheje abantu bose ko kuva tariki ya 6 Gicurasi 2024, rizatangira gukoresha ibizamini hifashishijwe ikorana buhanga mu kigo cya Busanza giherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe mu kagari ka Busanza.

Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga
Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga

Muri iryo tangazo, Polisi yongeye kwibutsa ko abaza gukora ibizamini bagomba kubahiriza amasaha baba bahawe iyo biyandikisha ndetse nokuza bitwaje irangamuntu muntu y'umwimerere.

Bagabo John

Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga

Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga
Polisi yatangaje igihe ibizamini byo gutwara ibinyabiziga bizatangira gukorwa hifashishijwe ikorana buhanga

Ishami rya Polisi rishinzwe ibizamini n'impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryamenyesheje abantu bose ko kuva tariki ya 6 Gicurasi 2024, rizatangira gukoresha ibizamini hifashishijwe ikorana buhanga mu kigo cya Busanza giherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe mu kagari ka Busanza.

Muri iryo tangazo, Polisi yongeye kwibutsa ko abaza gukora ibizamini bagomba kubahiriza amasaha baba bahawe iyo biyandikisha ndetse nokuza bitwaje irangamuntu muntu y'umwimerere.

Bagabo John