•     

Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.

Polisi y'u Rwanda yavuze ko kubera imirimo yo gusana inkingi z’umuriro w’amashanyarazi ahitwa Ruliba, umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo cyo kuri uyu wagatanu tariki ya 10 Gicurasi 2024.

Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.
Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.

Itangazo riri kurubuga rwa X ya Polisi y'u Rwanda rigira riti" Turabamenyesha ko kubera imirimo yo gusana inkingi z’umuriro w’amashanyarazi ahitwa Ruliba, umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo."

Polisi yasabye abakoresha imodoka nto gukoresha umuhanda Ruliba-Karama-Nyamirambo

Abakoresha imodoka nini barasabwa kuba bihanganye mu gihe imirimo yo gusana yihutishwa.

Abapolisi baraza kuba bahari kugirango babayobore.

Bagabo John 

Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.

Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.
Polisi yatangaje ko umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo.

Polisi y'u Rwanda yavuze ko kubera imirimo yo gusana inkingi z’umuriro w’amashanyarazi ahitwa Ruliba, umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo cyo kuri uyu wagatanu tariki ya 10 Gicurasi 2024.

Itangazo riri kurubuga rwa X ya Polisi y'u Rwanda rigira riti" Turabamenyesha ko kubera imirimo yo gusana inkingi z’umuriro w’amashanyarazi ahitwa Ruliba, umuhanda Kigali-Kamonyi uraza kuba ufunze kuva saa sita z’ijoro kugeza saa cyenda za mugitondo."

Polisi yasabye abakoresha imodoka nto gukoresha umuhanda Ruliba-Karama-Nyamirambo

Abakoresha imodoka nini barasabwa kuba bihanganye mu gihe imirimo yo gusana yihutishwa.

Abapolisi baraza kuba bahari kugirango babayobore.

Bagabo John