Posts
Perezida yakuyeho ingendo z'intumwa za Rubanda mu Mahanga
Perezida wa Uganda Museveni yakuye ingendo z'intumwa za Rubanda zakoraga mu Mahanga, asaba ko amafaranga bakoreshaka muri izo ngendo...
Ibura ry'umuriro mu gihugu ritumye Perezida atitabira inama...
Perezida wa Afirika yepfo Cyril Ramaphosa ntabwo azitabira inama mpuza mahanga y'ubukungu (WEF) izabera i Davos kubera ko igihugu...
Abantu 564 banduye Cholera mu masaha 24
Muri Malawi abantu 564 anduye Cholera mu masaha 24 nkuko byatangajwe na Minisiteri y'Ubuzima
Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya...
Umugabo wo muri Uganda witwaAlex Okuta, utuye mu karere ka Apac Yasanze umusore ukora akazi ko kotsa mushikaki bazwi ku izina rya...
Umugabo yishe umugore amuziza umugati
Umugore witwa Ogochukwu Anene, utuye mu gace kitwa Enugu muri Nigeria wari ufite abana batanu yishwe n'umugabo we amuziza umugati.
Umwarimukazi yafashwe yiba amakariso yabagenzi be
Umwarimukazi utatangajwe amazinaye yafashwe yiba amakariso yabandi bagore ubwo bari mu gikorwa cyo gukosora ibizamini bya leta ahitwa...
Umusore w'imyaka 17 yatawe muriyombi azira gutera inda...
Umusore wo muri Nigeria mu gace kitwa Rivers, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutera inda abakobwa babangavu...
Umupolisi yitabye Imana aguye muri Guest House
Umupolisi witwa Stewart Kaino ufite inyaka 47 yasanzwe yapfiriye munzu zicumbikira abagenzi zizwi nka Guest House iherereye mu Ntara...
Abagore babiri batawe muriyombi bazira gutaka gato (Gateau)bakoresheje...
Abagore babiri bakora ubucuruzi kuri internet bo mu gihugu cya Marawi batawe muri yombi na Police bazira kwamamaza keki zikoreshwa...
Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho umukunzi we amubenze
Umunyeshuri witwa Gunze Luhangija, wigaga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza mu ishami ry'icungamutungo mu Ntara ya Moshi muri Tanzania...


