Last seen: 9 hours ago
Umubikira witwa Andre wari utuye mu majyepfo y'Ubufaransa mu mujyi wa Toulon bivugwa ko ariwe wari ukuze ku isi yitabye Imana.
Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.
Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo...
Umusirikare muri Kenya wari mu kibari ( Ikiruhuko) iwabo, yarashwe arakomereka nyuma nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa urumogi...
Umutera makofi wo muri Tanzania witwa Kalim Mondonga, yategewe ko natsinda irushanwa yari yagiyemo muri Kenya azahabwa imodoka.
Abapolisi batatu hamwe na Pasiteri (Umukozi w'Imana) muri Uganda batawe muri yombi aho bakurikiranyweho gufata ku ngufu umugore
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA avuga ko nubwo hari bamwe bagisha urwango...
Ubushakashatsi bwa kozwe na Unity Club Intwararumuri mu mwaka wa 2022 bwagaragaje ko Abana bavuka ku babyeyi baturuka mu moko yose...
Abanyamakuru bo mu karere ka Kahama mu Ntara ya Shinyanga muri Tanzania barishinganisha nyuma yaho umuyobozi w'Akarere avuze ko inkuru...
Umusaza w'imyaka 97 yakoze ubukwe n'inkumi y'imyaka 30 aho yavuze ko ashimishijwe n'intambwe ateye mu buzima bwe.