Last seen: 2 days ago
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'ikinyamakuru cy'abafaransa France 24 kuri uyu wa 8 Nyakanga 2022. Yabajijwe niba azongera...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, abayobozi batandukanye ku isi harimo n'ibyamamare bagaragaje ko batunguwe n'urupfu rw'uwahoze ari...
Ibiro ntaramakuru by'Ubuyapani bivuga ko Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani yapfuye.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ifite gahunda yo gusimbuza abajyanama b’ubuzima bageze mu zabukuru. uyu murimo ukinjirwamo n’abakiri...
Ibi byabaye ubwo Abe yagezaga ijambo ku baturage bari bateraniye ahitwa Nara. Ari kwiyamamariza kuzaba umusenateri.
Umuvugizi M23, Maj Willy Ngoma, yatangaje ko atazava muri DRC ku ko ari abenegihugu ba DRC kandi ko badashobora kuva mu gihugu.
Uhuru Kenyatta usigaje ukwezi kumwe ngo atange ubutegetsi binyuze mu matora. abanyakenya agiye kubasiga bugarijwe n'ubukene Ugereranyije...
Boris Johnson,Minisitiri w'intebe w'ubwongereza yeguye ku mwanya w’ishyaka ry’abadashyigikira impinduka, Conservative, ni nyuma y’igitutu...
Nyuma y'umunsi umwe Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yamaganye imyitwarire y’abakozi bashinzwe ubuzima mu kuvura abarwayi,...
Imbwa yuje urukundo yafashe inshingano zo kurera imbata 15 nyuma yaho nyina wizo mbata aburiwe irengero.