•     
Chief Editor

Chief Editor

Last seen: 24 hours ago

Member since Jun 26, 2022 bagabojohn@gmail.com

Following (0)

Followers (0)

Ubutabera

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwarekuye by’agateganyo Rwamurangwa...

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwarekuye by’agateganyo Rwamurangwa Stephen wabaye Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo na bagenzi be babiri,...

Iyobokamana

"Ntabwo twemera uburyo bwose bwo kuboneza urubyaro bwatuma...

Umushumba Mukuru w’Itorero rya ADEPR ry’u Rwanda, Ndayizeyi Isaïe, yemeje ko badateze kwemera uburyo bwose bwo kuboneza urubyaro bwatuma...

Amakuru

Mulindwa yashimiye Perezida Kagame nyuma yo kumuragiza...

Mulindwa Prosper yashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ku cyizere yamugiriye cyo kumugira Umuyobozi w’Akarere...

Uburezi

Mugire inzozi zagutse - Prof Blaise Tchapnda abwira 57...

Ubwo AIMS Rwanda yizihizaga umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku nshuro ya karindwi, bishimira ibyagezweho n’abanyeshuri 57 barangije...

Iyobokamana

Ibitambo by’inka 1,320 n’ihene 1,200. Nibyo byateguwe kuri...

Sheikh Hitimana yavuze ko kuri uyu Munsi Mukuru w’Ibitambo, Ubuyobozi bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda  (RMC) n’abafatanyabikorwa...

Politiki

Imfungwa 100 z’intambara zirarekurwa kubera Irayidi

Sudan: Umutwe RSF witwara gisirikare muri Sudani watangaje ko uyu munsi urekura imfungwa 100 z’intambara mu rwego rwo kwizihiza umunsi...

Abana

Umugabo yasanze abana ba tandatu afite atari abe nyuma...

Uganda: Umugabo witwa Mundeyi, ukora akazi mu burayi yasanze abana batandatu afite bose atari abe nyuma yo kujya gukoresha ibizamini...

Iyobokamana

Polisi yavuze icyatumye bafunga insengero

Polisi y'u Rwanda binyuze ku muvugizi wayo CP John Bosco Kabera, yatangaje ko bafunze insengero zitujuje ibyangombwa bifata urusaku...

Imyidagaduro

Umukazana yarwanye na Nyirabukwe umunsi w'ubukwe bapfuye...

Nigeria: Umugabo witwa Abdullah A Abdullah, yatse gatanya nyuma y'iminsi ibiri akoze ubukwe bitewe n'uko Nyirabukwe yarwanye n'Umukazana...

Ubuzima

"Guca imyeyo nta hohoterwa ririmo, biriya ni umuco ni nkogutega...

Intumwa ya Rubanda mu Inteko Ishinga Amategeko, Hon Mukabunani Christine, ntabwo yemeranya nabavuga ko guca imyeyo ari ihohoterwa...