Last seen: 9 hours ago
Umupolisi wo mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho kugubita umwana we bya kinyamaswa.
Police yo mu ntara ya Kigoma ifatanyije n'inzego z'ubuzima, bataburuye umurambo w'umusore umaze umwaka yitabye Imana nyuma yo ku mubona...
Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu ayoboye inama ya ba Minisitiri yitezwe ko iribufatirwemo imyanzuro ikomeye
Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema, yasabye abaturage bubatse ingo, kutajya bareba muri Telephone zabagore babo kuko ngo biri mu...
Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.
Korari yari yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gihe abaturage bari bategereje ibiva mu matora y'umukuru w'igihugu muri Kenya amezi amaze...
Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana...
Umubikira witwa Andre wari utuye mu majyepfo y'Ubufaransa mu mujyi wa Toulon bivugwa ko ariwe wari ukuze ku isi yitabye Imana.
Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.
Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo...