•     

Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu

Umudepite muri Tanzania witwa Boniface Getere, yabajije leta igihe izashyiraho gahunda yo kuboneza urubyaro ku Nzovu, bitewe nuko zikunze kuva muri Parike zigajya kwica abaturage kandi kuzica bikaba bitemewe.

Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu
Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu

Depite Boniface Getere yagize ati" Nyakubahwa Perezida w'inteko Inzovu imara inyaka iri hagati ya 60 na 70 ndetse no gukomeza,  bityo nkaba ngirango mbabaze niryari Leta izashyiraho uburyo bwo kuboneza urubyaro ku Nzovu vitewe niko zororoka cyane kandi usanga harigihe ziva muri Pariki zikaza kwica abaturage nyamara bitemewe kwica inyamaswa".

Mu gusubiza icyo kibazo Depite Hammad Hassan Chande, akaba ari n' Umunyamabanga muri Minisiteri y'Umutungo kamere n’Ubukerarugendo. yavuze ko ntaburyo  buhari bwo kuboneza urubyaro ku Nzovu.

Ati" Ntabwo twavuga ngo hari uburyo bwo kuboneza urubyaro ku Nyamaswa kuko ntabwo byashoboka, ahubwo icyakorwa ni uko ahantu inzovu ziba ndetse n'izindi nyamaswa muri risange hazitirwa kugirango zidakomeza kujya mu giturage no kwica abantu.".

Bagabo John

Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu

Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu
Umudepite yabajije Leta igihe izashyiraho gahunda yokuboneza urubyaro ku Nzovu

Umudepite muri Tanzania witwa Boniface Getere, yabajije leta igihe izashyiraho gahunda yo kuboneza urubyaro ku Nzovu, bitewe nuko zikunze kuva muri Parike zigajya kwica abaturage kandi kuzica bikaba bitemewe.

Depite Boniface Getere yagize ati" Nyakubahwa Perezida w'inteko Inzovu imara inyaka iri hagati ya 60 na 70 ndetse no gukomeza,  bityo nkaba ngirango mbabaze niryari Leta izashyiraho uburyo bwo kuboneza urubyaro ku Nzovu vitewe niko zororoka cyane kandi usanga harigihe ziva muri Pariki zikaza kwica abaturage nyamara bitemewe kwica inyamaswa".

Mu gusubiza icyo kibazo Depite Hammad Hassan Chande, akaba ari n' Umunyamabanga muri Minisiteri y'Umutungo kamere n’Ubukerarugendo. yavuze ko ntaburyo  buhari bwo kuboneza urubyaro ku Nzovu.

Ati" Ntabwo twavuga ngo hari uburyo bwo kuboneza urubyaro ku Nyamaswa kuko ntabwo byashoboka, ahubwo icyakorwa ni uko ahantu inzovu ziba ndetse n'izindi nyamaswa muri risange hazitirwa kugirango zidakomeza kujya mu giturage no kwica abantu.".

Bagabo John