•     

Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103

Umuganga w’Umunyamerika witwa Howard Tucker, yashyizwe mu gitabo cy'abantu beshehe uduhigo ku Isi, Guinness World Records, nk’umuganga ukuze kurusha abandi ku Isi wakomeje gukora umwuga we, aho yakoze ako kazi kugeza agejeje ku myaka 103.

Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103
Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103

Tucker, wari inzobere mu buvuzi bw’indwara z’imitsi (neurologist), yakomeje kuvura abarwayi  n’ubwitange bukomeye kugeza amezi abiri mbere y’uko yitaba Imana ku wa 22 Ukuboza 2025. 

Uko kwitanga kwe kwamamaye ku Isi hose, kugaragaza ko imyaka idakwiye kuba imbogamizi mu gukora no gutanga umusanzu.

Nk’uko amakuru abigaragaza, ubuzima bwe bwose  yabumaze akorera sosiyete ibikorwa by’indashyikirwa kandi agira uruhare rukomeye mu guteza imbere urwego rw’ubuzima.

Bagabo John

Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103

Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103
Yaciye agahigo ko kuvura kugeza ku myaka 103

Umuganga w’Umunyamerika witwa Howard Tucker, yashyizwe mu gitabo cy'abantu beshehe uduhigo ku Isi, Guinness World Records, nk’umuganga ukuze kurusha abandi ku Isi wakomeje gukora umwuga we, aho yakoze ako kazi kugeza agejeje ku myaka 103.

Tucker, wari inzobere mu buvuzi bw’indwara z’imitsi (neurologist), yakomeje kuvura abarwayi  n’ubwitange bukomeye kugeza amezi abiri mbere y’uko yitaba Imana ku wa 22 Ukuboza 2025. 

Uko kwitanga kwe kwamamaye ku Isi hose, kugaragaza ko imyaka idakwiye kuba imbogamizi mu gukora no gutanga umusanzu.

Nk’uko amakuru abigaragaza, ubuzima bwe bwose  yabumaze akorera sosiyete ibikorwa by’indashyikirwa kandi agira uruhare rukomeye mu guteza imbere urwego rw’ubuzima.

Bagabo John