•     

ADEPR: Bandikiye Perezidansi ngo ibafashe kubakuriraho Ndayizeye isaie

Bamwe mu bayoboke bitorero rya ADEPR mu ntara y’Iburengerazuba, bandiye inzego zitandukanye harimo na Perezidanse basaba ko yabakuriraho Ndayizeye isaie kubera amakosa bamushinja.

ADEPR: Bandikiye  Perezidansi ngo ibafashe  kubakuriraho Ndayizeye isaie
Barifuza ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa

Mubyo aba bayoboke bashingiraho basaba ko Pasiteri Ndayizeye isaie yakurwa ku mwanya w'Unushumba mukuru wa ADEPR,  harimo ivangura, itoteza n’itonesha.

Inyandiko ikinyamakuru Rubanda gifitiye Kopi, igaragaza bimwe mu byaha ndetse n'amakosa byakozwe na Ndayizeye isae harimo nokuba asesagura umutungo w'itorero bitewe nimanza amaze gutsindwa zikomoka kuri bamwe mu bakozi bitorero yirukanye mu buryo bunyuranyije n'amategeko.

Bamwe mu ganiriye n'iki kinyamakuru bavuga ko kuba bandikiye inzego nkuru zirimo na Perezidansi bizeye neza ko mu bushishozi bw'uru rwego bazabona igisubizo kiza kandi bishimiye. 

Twashatse kumumenya icyo urwego rw'imiyoborere mu Rwanda RGB runafite mu nshingano ibijyanye n'amadini n'amatorero ruvuga kuri ubu busabe bwuko Ndayiseye ya kweguzwa, ariko ntabwo byadukundiye kuko mu butumwa Umunyamakuru yandiyeke Umuyobozi w'uru rwego atabashije kubusubiza.

Usibye aba bayoboke ba ADEPR bo mu Ntara y'Uburengerazuba banditse basaba ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa, hari hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye bigaragaza bamwe mu bayoboke bagiye basaba ko Ndayizeye ya kweguzwa ndetse hari n'umwe mu bashumba wagaragaye avuga ko Aciye Pasiteri Ndayizeye ko azajya yigisha ari igicibwa kugeza ubwo Nyiri Torero Yesu Kristo azashyiraho umusimbura.

Barifuza ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa

Kugeza ubu muri ADEPR icyo bumva cyaruhura imitima yabamwe mu bayoboke biri torero nuko Umuyobozi wabo Pasiteri Ndayizeye isaie ya kweguzwa.

Bagabo John

  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    Ahubwo RIB Muzadufungire iki kinyamakuru ngo ni Rubanda cya BAGABO Jhon kuko yanga ADEPR yirirwa iyisebya agaha abayirwanya ijambo mbese niwe urikuzamura umwuka mubi muri Adepr bamushukisha udufaranga Ruswa twa 6k agashyiraho ibikuru bidafite umutwe n'ikibuno
    6 months ago Reply  Like (0)
  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    iki kigabo ngo BAGABO nacyo ni ikinyamatiku kiri mubakurura umwuka mubi muri ADEPR kandi ngo ari nigipagani cyo murusengero rwabo banza baragihaye kuri ya frs yacu bariye ya GISOZI
    6 months ago Reply  Like (0)
  • gatare
    gatare
    Kuva ADEPR yashingwa muli 1940,ihora mu bibazo.Iyo urebye,usanga bishingiye mu gushaka ubutunzi n'ibyubahiro,hamwe n'ironda.Dore ingero nkeya: Muribuka ukuntu Leta yafunze abayobozi bose bo mu rwego rw'igihugu ba ADEPR,ibaziza kunyereza 3.5 billions frw.Muli 1994,ADEPR yatanze umusanzu wo gushinga Radio RTLM yagize uruhare rukomeye muli genocide.Abayobozi ba ADEPR,bashyirwaho na Leta,binyuze kuli RGB.Igitangaje nuko bo bavuga ko bimitswe n'umwuka wera.
    6 months ago Reply  Like (0)

ADEPR: Bandikiye Perezidansi ngo ibafashe kubakuriraho Ndayizeye isaie

ADEPR: Bandikiye  Perezidansi ngo ibafashe  kubakuriraho Ndayizeye isaie
Barifuza ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa

Bamwe mu bayoboke bitorero rya ADEPR mu ntara y’Iburengerazuba, bandiye inzego zitandukanye harimo na Perezidanse basaba ko yabakuriraho Ndayizeye isaie kubera amakosa bamushinja.

Mubyo aba bayoboke bashingiraho basaba ko Pasiteri Ndayizeye isaie yakurwa ku mwanya w'Unushumba mukuru wa ADEPR,  harimo ivangura, itoteza n’itonesha.

Inyandiko ikinyamakuru Rubanda gifitiye Kopi, igaragaza bimwe mu byaha ndetse n'amakosa byakozwe na Ndayizeye isae harimo nokuba asesagura umutungo w'itorero bitewe nimanza amaze gutsindwa zikomoka kuri bamwe mu bakozi bitorero yirukanye mu buryo bunyuranyije n'amategeko.

Bamwe mu ganiriye n'iki kinyamakuru bavuga ko kuba bandikiye inzego nkuru zirimo na Perezidansi bizeye neza ko mu bushishozi bw'uru rwego bazabona igisubizo kiza kandi bishimiye. 

Twashatse kumumenya icyo urwego rw'imiyoborere mu Rwanda RGB runafite mu nshingano ibijyanye n'amadini n'amatorero ruvuga kuri ubu busabe bwuko Ndayiseye ya kweguzwa, ariko ntabwo byadukundiye kuko mu butumwa Umunyamakuru yandiyeke Umuyobozi w'uru rwego atabashije kubusubiza.

Usibye aba bayoboke ba ADEPR bo mu Ntara y'Uburengerazuba banditse basaba ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa, hari hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye bigaragaza bamwe mu bayoboke bagiye basaba ko Ndayizeye ya kweguzwa ndetse hari n'umwe mu bashumba wagaragaye avuga ko Aciye Pasiteri Ndayizeye ko azajya yigisha ari igicibwa kugeza ubwo Nyiri Torero Yesu Kristo azashyiraho umusimbura.

Barifuza ko Pasiteri Ndayizeye Isaie ya kweguzwa

Kugeza ubu muri ADEPR icyo bumva cyaruhura imitima yabamwe mu bayoboke biri torero nuko Umuyobozi wabo Pasiteri Ndayizeye isaie ya kweguzwa.

Bagabo John

  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    Ahubwo RIB Muzadufungire iki kinyamakuru ngo ni Rubanda cya BAGABO Jhon kuko yanga ADEPR yirirwa iyisebya agaha abayirwanya ijambo mbese niwe urikuzamura umwuka mubi muri Adepr bamushukisha udufaranga Ruswa twa 6k agashyiraho ibikuru bidafite umutwe n'ikibuno
    6 months ago Reply  Like (0)
  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    iki kigabo ngo BAGABO nacyo ni ikinyamatiku kiri mubakurura umwuka mubi muri ADEPR kandi ngo ari nigipagani cyo murusengero rwabo banza baragihaye kuri ya frs yacu bariye ya GISOZI
    6 months ago Reply  Like (0)
  • gatare
    gatare
    Kuva ADEPR yashingwa muli 1940,ihora mu bibazo.Iyo urebye,usanga bishingiye mu gushaka ubutunzi n'ibyubahiro,hamwe n'ironda.Dore ingero nkeya: Muribuka ukuntu Leta yafunze abayobozi bose bo mu rwego rw'igihugu ba ADEPR,ibaziza kunyereza 3.5 billions frw.Muli 1994,ADEPR yatanze umusanzu wo gushinga Radio RTLM yagize uruhare rukomeye muli genocide.Abayobozi ba ADEPR,bashyirwaho na Leta,binyuze kuli RGB.Igitangaje nuko bo bavuga ko bimitswe n'umwuka wera.
    6 months ago Reply  Like (0)