Pasiteri Msigwa yavuze ko ikibazo cya Tundu Lissu ari ubwenge bwe, avuga ko ubutegetsi bwafashe icyemezo cyo kubufungirana na we muri gereza.
Umwe mu bayobozi ba CHADEMA, Pasiteri Peter Msigwa, yavuze ko Perezida wa CHADEMA, Tundu Lissu, adakwiye guhatirwa gusaba imbabazi kugira ngo afungurwe, ashimangira ko nta cyaha yakoze cyatuma asaba imbabazi.
Mu kiganiro yagiranye n'abanyamakuru kuri uyu wa 14 Nyakanga 2026, Pasiteri Peter Msigwa yavuze ko Tundu Lissu ari umuyobozi ufite ihame ridahindagurika, bityo ko adashobora gusaba imbabazi ku cyaha, nk'uko abyumva, atakoze., yavuzeko yagire inama Ishyaka CCM ngo barekure Tundu Lissu ariko ngo ntibamwumvira.
Yanahamagariye Guverinoma kumurekura nta yandi mabwiriza cyangwa ibisabwa imushyizeho.
Bagabo John
