Last seen: 19 minutes ago
Ubushakashatsi bu herutse gukorwa bwerekanye ko abatuye Dare es Salaam 67.2% bugarijwe n'umubyibuho ukabije .
Imodoka itwara abanyeshuri ku kigo cya King David, ikoze impanuka abantu 10 bahasiga ubuzima harimo n'abanyeshuri umunani mdetse hakometeka...
Umumotora yagaragaje akarengane ko yandikiwe amakosa yo mu muhanda kandi atakoze kuko ngo ari Umudivantisite w'umunsi wa karindwi.,...
Abantu babarirwa muri 30 baguye barohamye ubwo imodoka barimo yakoraga impanuka ikarenga ikiraro igahita igwa mu mugezi wa Nith
Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yavuze ko nta gusubira inyuma ko azakomeza kuzirika abamubanjirije harimo Nyakwigendera Pererezida...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yabwiye abayobozi binzego zibanze ko ntamuturage mubi ubaho iyo yahawe...
Indwara izwi cyane y’inguge yitwa 'monkey pox' yatangajwe ku mugaragaro ko ari icyorezo ku isi nyuma yo kwibasira abantu barenga 16.000...
Uyu mugore witwa Leona Oceania, afite imyaka 52 yatunguye abantu ubwo yatangazaga ko yaguza isanduku azashyingurwamo namara kwitaba...
Abantu 30 baguye mu mpanuka y'imodoka za gonganye zigahita zifatwa n'inkongi y'umuriro mu gace ka Zaria na Kano.
Abagabo babiri ba barundi barashwe n'apolisi ubwo bari bagiye kwiba mu isoko ryahitwa Bukirilo mu karere ka Kakonko mu ntara ya Kigoma.