Abantu 30 baguye mu mpanuka y'imodoka za gonganye zigahita zifatwa n'inkongi y'umuriro mu gace ka Zaria na Kano.
Ibi byabaye kuri uyu wa 22 Nyakanga 2022, icyateye iyi mpanuka nkuko byatangajwe n'umuyobozi wa Polisi ishami ryo mu muhanda Hafiz Muhammad, Ngo nuko aho hantu bariho bakora umuhanda bityo izo modoka zashatse kubisikana nibwo zahise zigongana zihita zifatwa n'inkongi y'umuriro.

Inkomere zahise zijyanwa mu bitaro byegereye ahabereye iyo mpanuka nubwo imibare y'inkomere itigeze itangazwa.
Bagabo John.
