•     

Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri

Abashyingiranywe bo mu gihugu cya Nigeria batigeze batangazwa amazina, bateje impaka n’ibiganiro bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kugaragaza igikorwa kidasanzwe bakoze mu muhango w’ubukwe bwabo, aho bashishimuye ibyemezo byabo by’ishyingiranwa imbere y’abari bitabiriye uwo munsi n'imbere ya Pasiteri.

Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri
Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri

Iki gikorwa cyakozwe nk’ikimenyetso cy’isezerano rikomeye ryo kwiyemeza kubana ubuzima bwose, aho abo bashakanye bagaragaje ko bifuza kubana badateganya gutandukana.

Bemeza ko kuba nta nyandiko yemewe n’amategeko igaragaza ishyingiranwa ryabo isigayeho, bituma bidashoboka gusaba gatanya mu buryo bwemewe n’amategeko, bityo bikabatera kumva ko bazabana mu mahoro n’urukundo, kugeza igihe urupfu ruzabatandukanyiriza.

Bagabo John

Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri

Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri
Abageni baciye ibyangombwa by'ishyingiranwa imbere ya Pasiteri

Abashyingiranywe bo mu gihugu cya Nigeria batigeze batangazwa amazina, bateje impaka n’ibiganiro bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kugaragaza igikorwa kidasanzwe bakoze mu muhango w’ubukwe bwabo, aho bashishimuye ibyemezo byabo by’ishyingiranwa imbere y’abari bitabiriye uwo munsi n'imbere ya Pasiteri.

Iki gikorwa cyakozwe nk’ikimenyetso cy’isezerano rikomeye ryo kwiyemeza kubana ubuzima bwose, aho abo bashakanye bagaragaje ko bifuza kubana badateganya gutandukana.

Bemeza ko kuba nta nyandiko yemewe n’amategeko igaragaza ishyingiranwa ryabo isigayeho, bituma bidashoboka gusaba gatanya mu buryo bwemewe n’amategeko, bityo bikabatera kumva ko bazabana mu mahoro n’urukundo, kugeza igihe urupfu ruzabatandukanyiriza.

Bagabo John