•     

Kirehe: Ubuyobozi bwahaye umuturage inzu itagira inzugi

Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2022 umudamu witwa Murekatete Devotha ufite abana batatu, yashyikirijwe inzu n'ubuyobozi bw'umurenge wa Gatore, ariko Devota atangariza itangazamakuru ko inzu bamuhaye idafite inzugi.

Kirehe: Ubuyobozi bwahaye umuturage  inzu itagira inzugi
Iyinzu yatanzwe n'ubuyobozi bw'Umurenge wa Gatore ntanzugi ifite

Aganira nakimwe mu kinyamakuru  Devota yavuze ko yabanje kwanga kuza kuba muriyo nzu kuko  ubuyobozi butari bwakayimuhaye ku mu garagaro.

Nyuma hayo aherewe iyonzu yavuze ko yishimye kuko bamukuye muri shitingi akaba abonye inzu yo kubamo, gusa ngo nubwo bamuhaye iyonzu ngo ntanzugi ifite ariko ubuyobozi bwa mwijeje ko baza zimushyiriramo mu minsi irimbere.

Devota yatujwe 
Rwantonde mu Mudugudu wa Mumeya mu murenge wa Gatore

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Gatore Ntagwabira Oswald yavuze ko bashimishijwe no kubona batuje Devota munzu bamwubakiye,kuko yari mu buzima bubi bwokuba muri shitingi.  gusa uyu munyamabanga Nshingwabikorwa ntabwo yigeze avuga ku kibazo cyagaragajwe na Devota cyokuba yahawe inzu idafite inzugi.

Bagabo John

Kirehe: Ubuyobozi bwahaye umuturage inzu itagira inzugi

Kirehe: Ubuyobozi bwahaye umuturage  inzu itagira inzugi
Iyinzu yatanzwe n'ubuyobozi bw'Umurenge wa Gatore ntanzugi ifite

Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2022 umudamu witwa Murekatete Devotha ufite abana batatu, yashyikirijwe inzu n'ubuyobozi bw'umurenge wa Gatore, ariko Devota atangariza itangazamakuru ko inzu bamuhaye idafite inzugi.

Aganira nakimwe mu kinyamakuru  Devota yavuze ko yabanje kwanga kuza kuba muriyo nzu kuko  ubuyobozi butari bwakayimuhaye ku mu garagaro.

Nyuma hayo aherewe iyonzu yavuze ko yishimye kuko bamukuye muri shitingi akaba abonye inzu yo kubamo, gusa ngo nubwo bamuhaye iyonzu ngo ntanzugi ifite ariko ubuyobozi bwa mwijeje ko baza zimushyiriramo mu minsi irimbere.

Devota yatujwe 
Rwantonde mu Mudugudu wa Mumeya mu murenge wa Gatore

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Gatore Ntagwabira Oswald yavuze ko bashimishijwe no kubona batuje Devota munzu bamwubakiye,kuko yari mu buzima bubi bwokuba muri shitingi.  gusa uyu munyamabanga Nshingwabikorwa ntabwo yigeze avuga ku kibazo cyagaragajwe na Devota cyokuba yahawe inzu idafite inzugi.

Bagabo John