•     

Polisi yatabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero

Mu karere ka Hai mu Ntara ya Kilimanjaro muri Tanzania, Polisi yatabaye abakecuru babiri bicyekwa ko ari Abarozi bafatiwe mu rusengero bambaye ubusa, aho bavuze ko bari baje kwiba ururimi rw'umuntu wari uherutse kwitaba Imana ushyinguye ku rusengero rw'Abaruteri maze abaturage bahuruye bashaka kubafata ngo babatwike.

Polisi yatabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero
Police yatabaye abakecuru babiri bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero

Mu rukerera rwo kuri uyu wagatandantatu tariki ya 15 Werurwe 2025, Polisi yo mu Ntara ya Kilimanjaro mu karere ka Hai, ku rusengero rw'Abaruteri ruzwi nka (KKKT) Kanisa la Kiinjili la Kilutheri Tanzania., hatabawe abakecuru babiri bikekwa ko Ari Abarozi bari bagiye kwiba ururimi rw'umuntu uherutse kwitaba Imana ushyinguye ku ri urwo rusengero,   maze abaturage bahageze bashaka guhita babafata ngo babatwike .

Aba bakecuru babiri ubwo batabwaga muriyombi, umwe muribo ntabwo yavugaga ni mugihe undi nawe yavugaga ururimi kuburyo byabanje kugorana kumenya icyo yasobanuraga kubera ko rutumvikanaga neza 

Bakimara gutabwa muriyombi, abaturage bahuruye bashaka kubafata ngo babatwike  nibwo Polisi yahise  ihagoboka ihita ibatwara kujya kubafunga.

Mu makuru y'ibanze Polisi yavuze ko hari umuntu utaramenyekana wari watumye abo bakecuru kujya kwiba urwo ururimi rw'umuntu uherutse kwitaba Imana.

Polisi yarabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku rusengero

Abo bakecuru ngo bari bambaye ubusa buri buri n'impigi nyinshi ndetse bafite nibifurumba birimo ibintu bitamenyekanye byahise bitwikwa n'abaturage.

Bagabo John

Polisi yatabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero

Polisi yatabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero
Police yatabaye abakecuru babiri bari bagiye gutwikirwa ku Rusengero

Mu karere ka Hai mu Ntara ya Kilimanjaro muri Tanzania, Polisi yatabaye abakecuru babiri bicyekwa ko ari Abarozi bafatiwe mu rusengero bambaye ubusa, aho bavuze ko bari baje kwiba ururimi rw'umuntu wari uherutse kwitaba Imana ushyinguye ku rusengero rw'Abaruteri maze abaturage bahuruye bashaka kubafata ngo babatwike.

Mu rukerera rwo kuri uyu wagatandantatu tariki ya 15 Werurwe 2025, Polisi yo mu Ntara ya Kilimanjaro mu karere ka Hai, ku rusengero rw'Abaruteri ruzwi nka (KKKT) Kanisa la Kiinjili la Kilutheri Tanzania., hatabawe abakecuru babiri bikekwa ko Ari Abarozi bari bagiye kwiba ururimi rw'umuntu uherutse kwitaba Imana ushyinguye ku ri urwo rusengero,   maze abaturage bahageze bashaka guhita babafata ngo babatwike .

Aba bakecuru babiri ubwo batabwaga muriyombi, umwe muribo ntabwo yavugaga ni mugihe undi nawe yavugaga ururimi kuburyo byabanje kugorana kumenya icyo yasobanuraga kubera ko rutumvikanaga neza 

Bakimara gutabwa muriyombi, abaturage bahuruye bashaka kubafata ngo babatwike  nibwo Polisi yahise  ihagoboka ihita ibatwara kujya kubafunga.

Mu makuru y'ibanze Polisi yavuze ko hari umuntu utaramenyekana wari watumye abo bakecuru kujya kwiba urwo ururimi rw'umuntu uherutse kwitaba Imana.

Polisi yarabaye abakecuru babiri babarozi bari bagiye gutwikirwa ku rusengero

Abo bakecuru ngo bari bambaye ubusa buri buri n'impigi nyinshi ndetse bafite nibifurumba birimo ibintu bitamenyekanye byahise bitwikwa n'abaturage.

Bagabo John