•     

Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri mu gutera akabariro ahita yihimura

Umusore yatunguye abantu nyuma yogufata inzu yaruhiye akayikubita ikibatsi cy'umuriro bitewe n'umukobwa wa mubenze akamubwira ko atarongorwa n'umusore utajya urenza iminota ibiri iyo bari gutera akabariro.

Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri  mu gutera akabariro ahita yihimura
Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri mu gutera akabariro ahita yihimura

Umusore utatangajwe imyirondoroye ndetse n'igihugu akomokamo, yatangaje abantu ubwo yatwikaga inzu ye biturutse ku mukobwa bakundanaga ariko akaza ku mubenga biturutse kuba atajya arangiza iminota ibiri iyo bari mugutera akabariro.

Uwashize hanze amafoto yiyo nzu iri gushya, yavuze ko uwo musore  yubatse iyo nzu maze ayigenera iwabo w'umukobwa bitewe nuko ya mukundaga.

Umunsi yagombaga kuyishyikiriza  ababyeyi buwo mukobwa,  yahise ababwira ko iyo nzu ayibahaye bitewe nuko akunda umukobwa wabo ndetse akaba yiteguye kubana nawe.

Akimara guvuga iryo jambo ryuko yifuza kuzabana nuwo mukobwa, Nyamukobwa yahise avuga ko atabana n'umusore utajya urenza iminota ibiri iyo bariho batera akabariro.

Umusore n'umujinya mwinshi nibwo yahise yihimura, ahita atwika iyo nzu irashya irakongoka.

Bagabo John

Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri mu gutera akabariro ahita yihimura

Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri  mu gutera akabariro ahita yihimura
Yabwiwe n'umukobwa ko atajya arenza iminota ibiri mu gutera akabariro ahita yihimura

Umusore yatunguye abantu nyuma yogufata inzu yaruhiye akayikubita ikibatsi cy'umuriro bitewe n'umukobwa wa mubenze akamubwira ko atarongorwa n'umusore utajya urenza iminota ibiri iyo bari gutera akabariro.

Umusore utatangajwe imyirondoroye ndetse n'igihugu akomokamo, yatangaje abantu ubwo yatwikaga inzu ye biturutse ku mukobwa bakundanaga ariko akaza ku mubenga biturutse kuba atajya arangiza iminota ibiri iyo bari mugutera akabariro.

Uwashize hanze amafoto yiyo nzu iri gushya, yavuze ko uwo musore  yubatse iyo nzu maze ayigenera iwabo w'umukobwa bitewe nuko ya mukundaga.

Umunsi yagombaga kuyishyikiriza  ababyeyi buwo mukobwa,  yahise ababwira ko iyo nzu ayibahaye bitewe nuko akunda umukobwa wabo ndetse akaba yiteguye kubana nawe.

Akimara guvuga iryo jambo ryuko yifuza kuzabana nuwo mukobwa, Nyamukobwa yahise avuga ko atabana n'umusore utajya urenza iminota ibiri iyo bariho batera akabariro.

Umusore n'umujinya mwinshi nibwo yahise yihimura, ahita atwika iyo nzu irashya irakongoka.

Bagabo John