•     

Abarwanashyaka ba Green Party barasabwa kuzana impinduka nziza mu gihugu

Kuri iki cyumweru tariki ya 22 Werurwe 2026, ubuyobozi bw'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR, ryasabye abarwanashyaka baryo kuzana impunduka nziza mu gihugu.

Abarwanashyaka ba Green  Party barasabwa  kuzana impinduka nziza mu gihugu
Abarwanashyaka ba Green Party barasabwa kuzana impinduka nziza mu gihugu

Ibi babisabwa na Hon,  Alex Mugisha  ubwo yatangizaga ku mugaragaro amahugurwa y'abagize inzego z’ishyaka ku rwego rw’akarere ka Nyamagabe,  ngo nabo bazabashe kugeza ubumenyi bahawe ku rwego rw’umurenge.

Hon.Senateri  Alexis Mugisha, yibukije abitabiriye ayo mahugurwa  amahame bakwiye gushingiraho baba abarwanashyaka bakwiye kuba nkore neza bandebereho dore ko ari bo igihugu gishaka kandi ko bagomba kuba abarwanashyaka bagira umumaro mu gihugu.

Aha niho Hon Alex  Mugisha yahereye asaba abanyarwanda kuzana impinduka nziza mu gihugu., Ati" Ndagirango mbibutse ko mukwiye ababa abarwanashyaka bashobora kuzana impinduka nziza mu gihugu ".


Tubibutse ko  aya mahugurwa ahabwa Abahagarariye abandi mu ishyaka rya Democratic Green Party of Rwanda DGPR, mu rwego rwo kuzahugura ibindi by'iciro by'abarwanashyaka kugera ku rwego rw'umudugudu.

Bagabo John

Abarwanashyaka ba Green Party barasabwa kuzana impinduka nziza mu gihugu

Abarwanashyaka ba Green  Party barasabwa  kuzana impinduka nziza mu gihugu
Abarwanashyaka ba Green Party barasabwa kuzana impinduka nziza mu gihugu

Kuri iki cyumweru tariki ya 22 Werurwe 2026, ubuyobozi bw'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR, ryasabye abarwanashyaka baryo kuzana impunduka nziza mu gihugu.

Ibi babisabwa na Hon,  Alex Mugisha  ubwo yatangizaga ku mugaragaro amahugurwa y'abagize inzego z’ishyaka ku rwego rw’akarere ka Nyamagabe,  ngo nabo bazabashe kugeza ubumenyi bahawe ku rwego rw’umurenge.

Hon.Senateri  Alexis Mugisha, yibukije abitabiriye ayo mahugurwa  amahame bakwiye gushingiraho baba abarwanashyaka bakwiye kuba nkore neza bandebereho dore ko ari bo igihugu gishaka kandi ko bagomba kuba abarwanashyaka bagira umumaro mu gihugu.

Aha niho Hon Alex  Mugisha yahereye asaba abanyarwanda kuzana impinduka nziza mu gihugu., Ati" Ndagirango mbibutse ko mukwiye ababa abarwanashyaka bashobora kuzana impinduka nziza mu gihugu ".


Tubibutse ko  aya mahugurwa ahabwa Abahagarariye abandi mu ishyaka rya Democratic Green Party of Rwanda DGPR, mu rwego rwo kuzahugura ibindi by'iciro by'abarwanashyaka kugera ku rwego rw'umudugudu.

Bagabo John