•     

Alphonse Twahirwa yahawe inshingano kuri Radio B&B

Umunyamakuru Alphonse Twahirwa, uherutse kwerekeza kuri Radio B&B Kigalifm, avuye kuri Flash Fm. Yahawe inshingano nshya zokuba Umutokozi w'inkuru( Head of New Department)

Alphonse Twahirwa yahawe inshingano kuri Radio B&B
Alphonse Twahirwa yahawe inshingano nshya kuri Radio B&BKigalifm

Abinyujije kurubuga rwa X (Twitter) Twahirwa yavuze ko yishimiye kwakirana yombi inshingano Nshya nk'umutokozi kuri B&Kigalifm ndetse ashimira n'Ubuyobozi bwa B&Kigalifm bukomeje kumubonamo ikizere. 

Alphonse Twahirwa azwi nk’umunyamakuru wigeze gukora kuri Radio Flash, imwe mu maradiyo yigenga akomeye mu Rwanda, ubwo yakoraga mu ishami ry'amakuru ndetse n'ibiganiro.

Nyuma yaho yaje kwimukira kuri Radio B&BKigalifm  izwi cyane  ku biganiro by’imikino n’imyidagaduro.

Alphonse Twahirwa agaragara mu banyamakuru bahembwe cyangwa bakoze neza mu kazi kabo, mu gihe yari Umunyamakuru kuri Flash Fm, bigaragaza ko yari umwe mu bakozi bagaragaje umusaruro kuri Flash Fm.

Twahirwa azwi cyane mu makuru yo mukarere u Rwanda ruherereyemo mucyo yise Agaseke k'amakuru.

Bagabo John

Alphonse Twahirwa yahawe inshingano kuri Radio B&B

Alphonse Twahirwa yahawe inshingano kuri Radio B&B
Alphonse Twahirwa yahawe inshingano nshya kuri Radio B&BKigalifm

Umunyamakuru Alphonse Twahirwa, uherutse kwerekeza kuri Radio B&B Kigalifm, avuye kuri Flash Fm. Yahawe inshingano nshya zokuba Umutokozi w'inkuru( Head of New Department)

Abinyujije kurubuga rwa X (Twitter) Twahirwa yavuze ko yishimiye kwakirana yombi inshingano Nshya nk'umutokozi kuri B&Kigalifm ndetse ashimira n'Ubuyobozi bwa B&Kigalifm bukomeje kumubonamo ikizere. 

Alphonse Twahirwa azwi nk’umunyamakuru wigeze gukora kuri Radio Flash, imwe mu maradiyo yigenga akomeye mu Rwanda, ubwo yakoraga mu ishami ry'amakuru ndetse n'ibiganiro.

Nyuma yaho yaje kwimukira kuri Radio B&BKigalifm  izwi cyane  ku biganiro by’imikino n’imyidagaduro.

Alphonse Twahirwa agaragara mu banyamakuru bahembwe cyangwa bakoze neza mu kazi kabo, mu gihe yari Umunyamakuru kuri Flash Fm, bigaragaza ko yari umwe mu bakozi bagaragaje umusaruro kuri Flash Fm.

Twahirwa azwi cyane mu makuru yo mukarere u Rwanda ruherereyemo mucyo yise Agaseke k'amakuru.

Bagabo John