•     

Leta ntabwo itwita- Minisitiri Makonda

Minisitiri w’Itangazamakuru, Umuco, Ubuhanzi n’Imikino, Paul Makonda, yavuze ko hatabayeho umuryango mwiza kubaka igihugu gifite ituze bidashoboka., anibutsa ababyeyi ko Leta idatwita cyangwa ngo ibyare ngo haboneke abayobozi beza.

Leta ntabwo itwita- Minisitiri Makonda
Minisitiri Paul Makonda yabwiye Ababyeyi ko Leta idatwita

Ibi Minisitiri Makonda yabivuze uyu munsi, tariki ya 29 Mata 2026, mu muhango wo gutangiza Gahunda y’Igihugu yo guteza imbere imyitwarire myiza n’indangagaciro (2026/27 – 2036/37), wabereye mu mujyi wa Dodoma.

Yakomeje asobanura ko Leta itari yo itwita cyangwa ibyare  imiryango, bityo ko kugira ngo haboneke abayobozi beza, bigomba guhera ku musingi w’umuryango, hagamijwe ko abana barerwa neza kandi bakakura bafite indangagaciro nziza.

Bagabo John 

Leta ntabwo itwita- Minisitiri Makonda

Leta ntabwo itwita- Minisitiri Makonda
Minisitiri Paul Makonda yabwiye Ababyeyi ko Leta idatwita

Minisitiri w’Itangazamakuru, Umuco, Ubuhanzi n’Imikino, Paul Makonda, yavuze ko hatabayeho umuryango mwiza kubaka igihugu gifite ituze bidashoboka., anibutsa ababyeyi ko Leta idatwita cyangwa ngo ibyare ngo haboneke abayobozi beza.

Ibi Minisitiri Makonda yabivuze uyu munsi, tariki ya 29 Mata 2026, mu muhango wo gutangiza Gahunda y’Igihugu yo guteza imbere imyitwarire myiza n’indangagaciro (2026/27 – 2036/37), wabereye mu mujyi wa Dodoma.

Yakomeje asobanura ko Leta itari yo itwita cyangwa ibyare  imiryango, bityo ko kugira ngo haboneke abayobozi beza, bigomba guhera ku musingi w’umuryango, hagamijwe ko abana barerwa neza kandi bakakura bafite indangagaciro nziza.

Bagabo John