•     

Tanzania: Ruswa y'igitsina mu banyamakuru yabaye icyorezo

Imiryango n'Amashyirahamwe atandukanye muri Tanzania, ahangayikishijwe n'icyorezo cya Ruswa ishyingiye ku gitsina mu banyamakuru aho kimaze gufata indintera

Tanzania: Ruswa y'igitsina mu banyamakuru yabaye icyorezo
Ruswa y'igitsina ku banyamakuru muri Tanzania iravuza ubuhuha

Muri 2021 ishyirahamwe ry'abanyamakuru bi gitsina gore muri Afrika (WIN) wakoze ubushakashatsi uburyo Ruswa ishyingiye ku gitsina mu banyamakuru muri Tanzania basanga 52% banga gutanga amakuru yuko bahohotewe bitewe nogutinya ingaruka zirimo no kwirukanwa  mu kazi.

Bamwe mu bakwa iyo Ruswa y'igitsina ni abanyamakuru baba  bashaka kuzamurwa mu ntera, abashaka kongezwa umishahara ndetse n'abanyamakuru bimenyereza umwuga w'itangazamakuru.

Umuyobozi w'ikigo cya Clouds Media Group, Ntibashima Edward  yavuze ko ikibazo cya Ruswa ishyingiye ku gitsina iteye inkeke kandi ikibabaje nuko abasabwe gutanga iyo Ruswa batajya bamera kugaragaza abayibasabye cyane ko baba ari Abayobozi babo banga ko bakwirukanwa mu kazi kandi ariho akura amaramuko.

Umwe mu mpirimbanyi uharanira uburenganzira bw'abagore bakora umwuga w'itangazamakuru 

(WIN), Dk Joyce, yavuze ko zimwe mu mpamvu zutuma abahohotewe badatanga Amakuru ni uko  niyo bayatanze usanga ntabihano bifatirwa uwa musabye iyo Ruswa usibye ku muganiriza ndetse no ku mwihaniza bigatuma abahohotewe bacika intege yo kongera gutanga andi makuru.

Bagabo John

Tanzania: Ruswa y'igitsina mu banyamakuru yabaye icyorezo

Tanzania: Ruswa y'igitsina mu banyamakuru yabaye icyorezo
Ruswa y'igitsina ku banyamakuru muri Tanzania iravuza ubuhuha

Imiryango n'Amashyirahamwe atandukanye muri Tanzania, ahangayikishijwe n'icyorezo cya Ruswa ishyingiye ku gitsina mu banyamakuru aho kimaze gufata indintera

Muri 2021 ishyirahamwe ry'abanyamakuru bi gitsina gore muri Afrika (WIN) wakoze ubushakashatsi uburyo Ruswa ishyingiye ku gitsina mu banyamakuru muri Tanzania basanga 52% banga gutanga amakuru yuko bahohotewe bitewe nogutinya ingaruka zirimo no kwirukanwa  mu kazi.

Bamwe mu bakwa iyo Ruswa y'igitsina ni abanyamakuru baba  bashaka kuzamurwa mu ntera, abashaka kongezwa umishahara ndetse n'abanyamakuru bimenyereza umwuga w'itangazamakuru.

Umuyobozi w'ikigo cya Clouds Media Group, Ntibashima Edward  yavuze ko ikibazo cya Ruswa ishyingiye ku gitsina iteye inkeke kandi ikibabaje nuko abasabwe gutanga iyo Ruswa batajya bamera kugaragaza abayibasabye cyane ko baba ari Abayobozi babo banga ko bakwirukanwa mu kazi kandi ariho akura amaramuko.

Umwe mu mpirimbanyi uharanira uburenganzira bw'abagore bakora umwuga w'itangazamakuru 

(WIN), Dk Joyce, yavuze ko zimwe mu mpamvu zutuma abahohotewe badatanga Amakuru ni uko  niyo bayatanze usanga ntabihano bifatirwa uwa musabye iyo Ruswa usibye ku muganiriza ndetse no ku mwihaniza bigatuma abahohotewe bacika intege yo kongera gutanga andi makuru.

Bagabo John