•     

Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Kenya: Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Kenya, kuri uyu wambere hagaragaye umugabo waje ari kumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu
Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Uwo mugabo yari kumwe n'umwana we amufashe ukuboko afite icyapa kivuga ngo  " Azimio msikubari hali ngumu ya Maisha". 

Uyu mugabo witwa victory Erick, yari ya cyenyeye isume hejuru ntashati yambaye ari muriyo myigaragambyo mu mujyi wa Kisumo.

Bamwe mu babonye iyo foto ku mbuga nkoranyambaga bamaganye uwo mugabo bavuga ko ibyo yakoze ari ukubangamira uburenganzira bw'umwana kuko ntabwo aba ya mutwaye hariya kandi azi neza ko bishobora kumuviramo kuhaburira ubuzima.

Bagabo John

Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu
Umugabo yagaragaye mu myigaragambyo arikumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Kenya: Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Kenya, kuri uyu wambere hagaragaye umugabo waje ari kumwe n'umwana we w'imyaka itatu

Uwo mugabo yari kumwe n'umwana we amufashe ukuboko afite icyapa kivuga ngo  " Azimio msikubari hali ngumu ya Maisha". 

Uyu mugabo witwa victory Erick, yari ya cyenyeye isume hejuru ntashati yambaye ari muriyo myigaragambyo mu mujyi wa Kisumo.

Bamwe mu babonye iyo foto ku mbuga nkoranyambaga bamaganye uwo mugabo bavuga ko ibyo yakoze ari ukubangamira uburenganzira bw'umwana kuko ntabwo aba ya mutwaye hariya kandi azi neza ko bishobora kumuviramo kuhaburira ubuzima.

Bagabo John