Police FC igeze ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Intwari itsinze Rayon Sports kuri Penaliti 3-1
Ibi Police FC ntabwo ari Ubwambere ibigezeho kuko ni ku nshuro ya kabiri yikurikiranya igeze ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Intwari, umwaka ushyize wa 2024. nabwo Polisi FC yari yasezereye Rayon Sports iyitsinze kuri Penaliti muri 1/2.


Police ku mukino wanyuma izahura na APR bakunze kwita Nyamukandagira.

Iyi APR Fc yageze ku mukino wa nyuma isezereye abanyamugi AS Kigali iyitsinze ibitego bibiri ku busa.
Bagabo John
