•     

Abarwanashyaka ba Green Party basabwe gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu Rwanda hateraniye Inama y'amashyaka arengera Ibidukikije muri Afurika y'Iburasirazuba (EAst African Greens) aho abarwanashyaka basabwe gukora kugirango babashe gutunga Amashyaka bakomokamo.

Abarwanashyaka ba Green Party basabwe  gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo
Abarwanashyaka ba Green Party basabwe gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo

Aba bayobozi bagaragaje ibyo amashyaka yabo yagezeho n'imbogamizi bakomeje guhura nazo, Hon Depite Ntezimana Jean Claude yavuze ko ishyaka Green Party of Rwanda,  ryabashije guhugura abarwanashyaka baryo muturere twose uko ari  30 ,Kandi ko batangiye ikindi kiciro cyo guhugura abayobozi muri  utwo turere twose kugirango bizabafashe gushyiraho inzego ziri shyaka ku nzego zo hasi.

Agaragaza kandi  ko iri shyaka ryitabiriye amatora y'abasenateri batorwa binyuze mu ihuriro ry'imitwe ya Poritiki  (NFPO) aho iri huriro ryatoye Hon Senateri Frank Habineza  kuba Umuvugizi wiryo huriro. 

              Hon Dr Frank Habineza 

Ni ubwo hari ibyagezweho ariko hanagaragajwe imbogamizi, zirimo kuba abarwanashyaka batarabasha gutunga iri shyaka kubyo rikenera. 

Mu buryo bwo gukemura imbogamizi zagiye zigaragazwa Hon Dr Frank Habineza yasabye abarwanashyaka gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo.

Ni mu gihe ku kibazo cy'umutekano muke  ko za Leta zikwiye kugira umuco wo kwimakaza ibiganiro mu buryo bwo gukemura icyo kibazo.

Bagabo John

Abarwanashyaka ba Green Party basabwe gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo

Abarwanashyaka ba Green Party basabwe  gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo
Abarwanashyaka ba Green Party basabwe gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu Rwanda hateraniye Inama y'amashyaka arengera Ibidukikije muri Afurika y'Iburasirazuba (EAst African Greens) aho abarwanashyaka basabwe gukora kugirango babashe gutunga Amashyaka bakomokamo.

Aba bayobozi bagaragaje ibyo amashyaka yabo yagezeho n'imbogamizi bakomeje guhura nazo, Hon Depite Ntezimana Jean Claude yavuze ko ishyaka Green Party of Rwanda,  ryabashije guhugura abarwanashyaka baryo muturere twose uko ari  30 ,Kandi ko batangiye ikindi kiciro cyo guhugura abayobozi muri  utwo turere twose kugirango bizabafashe gushyiraho inzego ziri shyaka ku nzego zo hasi.

Agaragaza kandi  ko iri shyaka ryitabiriye amatora y'abasenateri batorwa binyuze mu ihuriro ry'imitwe ya Poritiki  (NFPO) aho iri huriro ryatoye Hon Senateri Frank Habineza  kuba Umuvugizi wiryo huriro. 

              Hon Dr Frank Habineza 

Ni ubwo hari ibyagezweho ariko hanagaragajwe imbogamizi, zirimo kuba abarwanashyaka batarabasha gutunga iri shyaka kubyo rikenera. 

Mu buryo bwo gukemura imbogamizi zagiye zigaragazwa Hon Dr Frank Habineza yasabye abarwanashyaka gukora kugirango babashe gutunga amashyaka bakomokamo.

Ni mu gihe ku kibazo cy'umutekano muke  ko za Leta zikwiye kugira umuco wo kwimakaza ibiganiro mu buryo bwo gukemura icyo kibazo.

Bagabo John