•     

Umugabo ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms)

Tanzania: Umugabo uriho ushakishwa uruhindu na Polisi aho akekwaho kwica Umugore we, yatunguye abantu ubwo yohererezaga Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms) amubwira ko umutima uriho umurya.

Umugabo ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms)
Ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi (sms)

Uwo mugabo ukekwaho  kwica Umugore we amutwitse agashya aga kongoka, ntabwo amazina ye yashyizwe ahagaragara.

Iki cyaha akekwaho cyo  kwica Umugore we witwa Josephine Mngara ufite imyaka  27 yagikoze tariki 19 Gashyantare 2023.

Mu butumwa bugufi (sms) uwo mugabo yandikiye Nyirabukwe yagize ati" Mama mbabarira ntabwo ari ikosa ryange, nasanze umugore wange arikumwe n'undi mugabo mucyumba hanyuma nsenya urugi dutangira kurwana. muri uko kurwana bafashe umuhoro nawe afata umuhini w'isuka dukomeza  ku gundagurana.

Akomeza abwira Nyirabukwe muri iyo sms ko umutima we umurya kuburyo yabuze amahoro, amwifuriza kugira umunsi mwiza.

Gusa nubwo yanditse gutyo iyo sms ntabwo yagaragaje uwishe umugore we, kuko Polisi ivuga ko basanze uwo mugore yapfuye atwitswe.

Nyuma yo kubona iyo sms, Nyina wa nyakwigendera yasabye Polisi ko ba baha uburenganzira bagashyingura ibyo bisigazwa kuko ngo icyumweru kirarangiye bagitegereje ibisubizo byo kwa muganga ngo hamenyekane icyo nyakwigendera yazize.

Bagabo John

Umugabo ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms)

Umugabo ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms)
Ukekwaho kwica Umugore we, yandikiye Nyirabukwe ubutumwa bugufi (sms)

Tanzania: Umugabo uriho ushakishwa uruhindu na Polisi aho akekwaho kwica Umugore we, yatunguye abantu ubwo yohererezaga Nyirabukwe ubutumwa bugufi ( sms) amubwira ko umutima uriho umurya.

Uwo mugabo ukekwaho  kwica Umugore we amutwitse agashya aga kongoka, ntabwo amazina ye yashyizwe ahagaragara.

Iki cyaha akekwaho cyo  kwica Umugore we witwa Josephine Mngara ufite imyaka  27 yagikoze tariki 19 Gashyantare 2023.

Mu butumwa bugufi (sms) uwo mugabo yandikiye Nyirabukwe yagize ati" Mama mbabarira ntabwo ari ikosa ryange, nasanze umugore wange arikumwe n'undi mugabo mucyumba hanyuma nsenya urugi dutangira kurwana. muri uko kurwana bafashe umuhoro nawe afata umuhini w'isuka dukomeza  ku gundagurana.

Akomeza abwira Nyirabukwe muri iyo sms ko umutima we umurya kuburyo yabuze amahoro, amwifuriza kugira umunsi mwiza.

Gusa nubwo yanditse gutyo iyo sms ntabwo yagaragaje uwishe umugore we, kuko Polisi ivuga ko basanze uwo mugore yapfuye atwitswe.

Nyuma yo kubona iyo sms, Nyina wa nyakwigendera yasabye Polisi ko ba baha uburenganzira bagashyingura ibyo bisigazwa kuko ngo icyumweru kirarangiye bagitegereje ibisubizo byo kwa muganga ngo hamenyekane icyo nyakwigendera yazize.

Bagabo John